RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.comEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2024 - Inyarwanda.comKylian Mbappé yasezeye kuri Paris Saint-GermainRutahizamu w'ikipe ya Paris Saint-Germain, Kylian Mbappé, yayisezeyeho avuga ko atazongera amasezerano bityo uyu ukaba ari umwaka we wa nyuma.https://inyarwanda.com/inkuru/142860/kylian-mbappe-yasezeye-kuri-paris-saint-germain-142860.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Riderman, Alto, Super Manager na James & Daniella mu bakugeneye indirimbo nshya za Weekend – VIDEOMuri iki cyumweru cya kabiri cya Gicurasi, abahanzi nyarwanda ntibahwemye gushyira hanze indirimbo nshya zishobora kugufasha kwinjira neza mu mpera z’icyumweru.https://inyarwanda.com/inkuru/142856/riderman-alto-super-manager-na-james-daniella-mu-bakugeneye-indirimbo-nshya-za-weekend-vid-142856.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amavubi yahamagaye abakinnyi b'agateganyo bazacakirana na Benin na LesothoIkipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi, yashyize hanze urutonde rw'agateganyo rw'abakinnyi bazitabira umwiherero utegura umukino wa Benin na Lesotho mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026.https://inyarwanda.com/inkuru/142858/amavubi-yahamagaye-abakinnyi-bagateganyo-bazacakirana-na-benin-na-lesotho-142858.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Da Promota yahuje imbaraga na Yvette Uwase bakorana indirimbo "Melody" yizihiye abatashye ubukwe bweReagan Kimazi uzwi nka Reagan Da Promota, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya y'amashusho "Melody" iri kuri Album ye ya mbere, akaba yarayikoranye n'umuramyi mugenzi we Yvette Uwase banabarizwa mu gihugu kimwe cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.https://inyarwanda.com/inkuru/142859/da-promota-yahuje-imbaraga-na-yvette-uwase-bakorana-indirimbo-melody-yizihiye-abatashye-ub-142859.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gasogi United yegukanye igikombe cyaburiwe izina - AMAFOTO+VIDEOIkipe ya Gasogi United nyuma yo gutsinda ikipe ya Etincelles FC, yihembye ibikombe 2 mu buryo butunguranye ndetse abakinnyi bagera kuri 4 bahabwa imidari. https://inyarwanda.com/inkuru/142857/gasogi-united-yegukanye-igikombe-cyaburiwe-izina-amafoto-142857.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibye na Ruzindana, Niyo Bosco wamwikomye: Element yirekuye ashimangira ko muri 1:55AM ifaranga rijejetaRobinson Fred Mugisha [Element Eleeh] yikije ku bikomeje kuvugwa ku rukundo rwe, icyatumye yisanga muri 1:55AM, uko atunganya indirimbo bigatuma bamwe bavuga ko hari ibitekerezo biremereye bayitanzeho.https://inyarwanda.com/inkuru/142847/ibye-na-ruzindana-niyo-bosco-wamwikomye-element-yirekuye-ashimangira-ko-muri-155am-ifarang-142847.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Iby'urukundo rwe na Lynda, gukorana indirimbo n'abarimo Nyaxo, gushinga 'studio': Zaba yiniguye- VIDEONi umwe mu banyarwenya bigaragaje cyane kuva mu myaka itanu ishize, ndetse yagiye agaragara mu bitaramo binyuranye bya 'Comedy' atembagaza benshi. Umwibuke mu bitaramo birimo nka Seka Live, Comedy Knight, Gen- Z Comedy n'ibindi binyuranye.https://inyarwanda.com/inkuru/142849/ibyurukundo-rwe-na-lynda-gukorana-indirimbo-nabarimo-nyaxo-gushinga-studio-zaba-yiniguye-v-142849.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200MTN Rwanda yasohoye 'SIM Card' zikoze mu mpapuro mu rwego rwo kubungabunga ibidukikijeMTN Rwandacell PLC (MTN Rwanda) yishimiye gutangaza ko hatangijwe ikarita ya mbere ya SIM ikarita ya ‘Biodegradable’ ikoze mu mpapuro mu kubungabunga ibidukikije. Iyi gahunda irerekana intambwe igaragara mu byo yiyemeje mu gukomeza kurinda Isi no guteza imbere ibikorwa byubucuruzi birambye. Ibi byiyongera kubitangwa bya eSIM.https://inyarwanda.com/inkuru/142850/mtn-rwanda-yasohoye-sim-card-zikoze-mu-mpapuro-mu-rwego-rwo-kubungabunga-ibidukikije-142850.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gasogi United yasoje shampiyona yiyunyuguza Etincelles Gasogi United yatsinze Etincelles FC ku mukino wa nyuma wa shampiyona y'u Rwanda, aya makipe yombi byasabye amasengesho kugira ngo agumye mu cyiciro cya mbere. https://inyarwanda.com/inkuru/142853/gasogi-united-yasoje-shampiyona-yiyunyuguza-etincelles-142853.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Impamvu Gospel, Gakondo n'Urwenya byamaze gutera agatebe ku muziki w’isiHashingiwe ku mpamvu zirimo imibare y'abitabira ibitaramo by'umuziki w'Isi, wavuga ko ukomeje gusigara inyuma kuko kugeza ubu BK Arena bigoye kubona umuhanzi wayuzuza awukora mu gihe muri Gakondo byabaye ndetse no mu muziki wo kuramya no guhimbaza. Wakwibaza niba ibyo abantu bavuga ari byo.https://inyarwanda.com/inkuru/142837/impamvu-gospel-gakondo-nurwenya-byamaze-gutera-agatebe-ku-muziki-wisi-142837.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bruce Melodie, Chriss Eazy na Dj Toxxyk mu bazasusurutsa abakunzi ba ruhago APR FC ihabwa igikombeBruce Melodie, Chriss Eazy, Riderman na Dj Toxxyk ni bamwe mu bazasusurutsa abakunzi ba ruhago ubwo ikipe ya APR FC izaba ihabwa igikombe cya shampyona yegukanye.https://inyarwanda.com/inkuru/142846/bruce-melodie-chriss-eazy-na-dj-toxxyk-mu-bazasusurutsa-abakunzi-ba-ruhago-apr-fc-ihabwa-i-142846.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bakunda gufata inshingano! Igisobanuro n'imiterere y'abitwa ba AuroreAurore ni izina ry’Igifaransa ry’abana b’abakobwa ariko rifite inkomoko ku izina ry’imanakazi y’Abaromani y’umuseke Aurora.https://inyarwanda.com/inkuru/142848/bakunda-gufata-inshingano-igisobanuro-nimiterere-yabitwa-ba-aurore-142848.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yazengurutse amakipe inshuro 14: Byinshi kuri Joselu wafashije Real Madrid kugera ku mukino wa nyuma wa Champions League Joselu wageze muri Real Madrid atijwe na Español, ni we wafashije Real Madrid kugera ku mukino wa UEFA Champions League, nyuma yo gutsinda Bayern Munich ibitego bibiri wenyine. https://inyarwanda.com/inkuru/142833/yazengurutse-amakipe-inshuro-14-byinshi-kuri-joselu-wafashije-real-madrid-kugera-ku-mukino-142833.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Yakeje Bruce Melodie! Element agiye gusohora indirimbo ye yakoze muri Afro Gako ikomeje guteza impakaRobinson Fred Mugisha [Element Eleeeh] umaze gushyira hanze indirimbo ebyiri yateguje iya Gatatu yitsa ku cyo gukorana na Bruce Melodie bisobanuye kuri we, anagaruka ku byo yigiye yanabonye muri Kenya.https://inyarwanda.com/inkuru/142845/yakeje-bruce-melodie-element-agiye-gusohora-indirimbo-ye-yakoze-muri-afro-gako-ikomeje-gut-142845.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hari abibeshyaga ko ikipe yapfuye! Shema Fabrice yatanze ishusho ya AS Kigali nshya - VIDEOShema Fabrice ufatwa nk'umuyobozi wa AS Kigali atangaza ko ikipe ya AS Kigali umwaka w'imikino urangiye batawutangiye neza, ariko bishimira uko wagenze. Yakomeje avuga kandi ko ubu bagiye kwitegura neza umwaka utaha w'imikino. https://inyarwanda.com/inkuru/142832/hari-abibeshyaga-ko-ikipe-yapfuye-perezida-shema-fabrice-yatanze-ishusho-ya-as-kigali-nshy-142832.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Table Tennis: U Rwanda rugiye kwakira igikombe cya Afurika n’imikino y’itike Olempike I Kigali hagiye kubera imikino y’igikombe cya Afurika mu mukino wa Table Tennis, ndetse n’imikino yo gushaka itike y’imikino Olempike izabera mu Bufaransa mu meshyi y’uyu mwaka. https://inyarwanda.com/inkuru/142843/table-tennis-u-rwanda-rugiye-kwakira-igikombe-cya-afurika-nimikino-yitike-olempike-142843.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Davido agiye guhagarika umuzikiDavido uri mu bahanzi 5 b’abanyafurika bahagaze neza muri iki gihe, yatangaje ko n’ubwo hari benshi bifuza ko yahagarika umuziki aka kanya ko atari ko bizagenda kuko abiteganya nyuma yo gushyira hanze album nshya.https://inyarwanda.com/inkuru/142838/davido-agiye-guhagarika-umuziki-142838.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Jennifer Lopez n'umukobwa we bagize ibihe byiza ubwo basuraga inzu ndangamurage i Paris Umuririmbyi Jennifer Lopez uri mu bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaye n'umukobwa we Emme w'imyaka 16, bari mu bihe byiza bavomye mu rugendo bakoze rwo gusura inzu ndangamurage ya Louvre i Paris. https://inyarwanda.com/inkuru/142831/jennifer-lopez-numukobwa-we-bagize-ibihe-byiza-ubwo-basuraga-inzu-ndangamurage-i-paris-142831.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abaramyi 10 b’abagore bafatwa nk’ab’ibihe byose mu RwandaMu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gutera intambwe ikomeye, biba byiza gusubiza amaso inyuma abantu bakazirikana abahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’uyu muziki.https://inyarwanda.com/inkuru/142813/abaramyi-10-babagore-bafatwa-nkabibihe-byose-mu-rwanda-142813.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ddumba na Fifi Raya bagiye kujyanwa mu nkikoNyuma yo kwemera kugirana amasezerano na rwiyemezamirimo Mr Reality ku ndirimbo “Kora” ariko ntibashyire mu bikorwa ibyo basezeranye, Ddumba na Fifi Raya bagiye kugezwa mu nkiko.https://inyarwanda.com/inkuru/142842/ddumba-na-fifi-raya-bagiye-kujyanwa-mu-nkiko-142842.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hari uwariwe asaga Miliyoni 20 Frw! Iby'abasakaza amafoto y’urukozasoni byahinduye isuraBirashoboka ko inshuro imwe cyangwa inshuro ebyiri wakiriye amafoto n'amashusho y'ubwambure bw'umwe mu bantu uzi cyangwa utazi. Akakugeraho mu buryo wagizemo uruhare cyangwa utagizemo uruhare wenda binyuze nko ku mbuga nkoranyambaga na mpuzabantu uhuriraho n'abantu banyuranye.https://inyarwanda.com/inkuru/142841/hari-uwariwe-asaga-miliyoni-20-frw-ibyabasakaza-amafoto-yurukozasoni-byahinduye-isura-142841.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Champions League: Real Madrid nitsinda Borussia Dortmund ku mukino wa nyuma izayiha Miliyari 6 FrwIkipe ya Real Madrid niramuka itsinze Borussia Dortmund ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, izayiha amafaranga agera kuri Miliyari 6 z'amafaranga y'u Rwanda kubera Jude Bellingham.https://inyarwanda.com/inkuru/142821/champions-league-real-madrid-nitsinda-borussia-dortmund-ku-mukino-wa-nyuma-izayiha-miliyar-142821.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwohereje amakipe 3 mu gikombe cy'Isi cya PSGIkipe y'abakobwa batarengeje imyaka 15, yiyongereye mu makipe azitabira imikino y'igikombe cy'Isi ahuza amarerero ya PSG. https://inyarwanda.com/inkuru/142839/bwa-mbere-mu-mateka-u-rwanda-rwohereje-amakipe-3-mu-gikombe-cyisi-cya-psg-142839.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imibare ya Carlo Ancelotti muri UEFA Champions League imugira umuntu w'igitangazaUmutaliyani, Carlo Ancelotti utoza Real Madrid, ku wa Gatatu yayifashije kugera ku mukino wa nyuma muri UEFA Champions League. https://inyarwanda.com/inkuru/142830/imibare-ya-carlo-ancelotti-muri-uefa-champions-league-imugira-umuntu-wigitangaza-142830.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abasirikare ba RDF 195 basoje amasomo yo gutwara ibinyabiziga birimo imodoka za rutura Abasirikare 195 mu Ngabo z’u Rwanda, barangije amasomo n’amahugurwa yo gutwara ibinyabiziga ndetse no gucunga umutekano wo mu muhanda, mu muhango wayobowe n’Umugaba Mukuru wa RDF, General Mubarakh Muganga, wabageneye ubutumwa.https://inyarwanda.com/inkuru/142836/abasirikare-ba-rdf-195-basoje-amasomo-yo-gutwara-ibinyabiziga-birimo-imodoka-za-rutura-142836.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni nde uzabazwa Miliyari 3 Frw Leta yashoye kuri porogaramu za mudasobwa ntizikoreshwe Hagaragajwe ko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA) cyaguze porogamamu enye zagombaga gukoreshwa n’inzego za Leta zatwaye hafi miliyari 3 Frw ariko birangira zidakoreshejwe na rimwe. https://inyarwanda.com/inkuru/142834/ni-nde-uzabazwa-miliyari-3-frw-leta-yashoye-kuri-porogaramu-za-mudasobwa-ntizikoreshwe-142834.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200NBA Playoffs: Rukomeje kubura gica hagati ya Boston Celtics na Cleveland CavaliersKuri uyu wa Gatanu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hakomezaga imikino ya kimwe cya kabiri muri NBA Playoffs, Cleveland Cavalier yatsinze Boston Celtics, zihita zinganya intsinzi imwe kuri imwe. https://inyarwanda.com/inkuru/142829/nba-playoffs-rukomeje-kubura-guca-hagati-ya-boston-celtics-na-cleveland-cavaliers-142829.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Jackie Chan yatunguwe no kuzuza imyaka 70Icyamamare muri Sinema, Jackie Chan, uherutse kuzuza imyaka 70 y'amavuko, yatangaje ko kuva kera atarazi ko atazageza iyi myaka akiriho ndetse akomoza ku ngamba nshya afite zizamufasha gusaza neza. https://inyarwanda.com/inkuru/142828/jackie-chan-yatunguwe-no-kuzuza-imyaka-70-142828.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200BAL 2024: APR BBC yatsinzwe umukino wa kabiri bikomeza kugoranaAPR BBC yatsinzwe na US MONASTIR amanota 83 kuri 70, uba umukino wa kane yari ikinnye, itsindamo ibiri, itsindwa 2.https://inyarwanda.com/inkuru/142827/bal-2024-apr-bbc-yatsinzwe-umukino-wa-kabiri-bikomeza-kugorana-142827.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Nelson Mandela yahinduye amateka, mushiki wa Louis XVI acibwa umutwe! Tariki ya 10 Gicurasi mu matekaNk’uko buri munsi uba ufite urwibutso usigira abantu batandukanye hirya no hino, uyu munsi tariki ya 10 Gicurasi ubitse amateka menshi atazapfa byumwihariko ku mateka y’abaturage bo mu Bufaransa aho umwami Louis VXI n’umwamikazi we bimye ingoma mu gihe kandi Francois Mitterrand nawe aribwo yabaye Perezida.https://inyarwanda.com/inkuru/142815/nelson-mandela-yahinduye-amateka-mushiki-wa-louis-xvi-acibwa-umutwe-tariki-ya-10-gicurasi--142815.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bayer Leverkusen yanditse amateka mashya ku Mugabane w'u Burayi Ikipe ya Bayer Leverkusen ikina shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Budage yanditse amateka mashya ku Mugabane w'u Burayi nyuma yo kunganya AS Roma ikagera ku mukino wa nyuma wa Europa League. https://inyarwanda.com/inkuru/142824/bayer-leverkusen-yanditse-amateka-mashya-ku-mugabane-wu-burayi-142824.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Arsenal yateguye ibirori byo kwishimira igikombe itari yatwaraIkipe ya Arsenal yamaze gutegura ibirori byo kwishimira igikombe cya shampiyona y'Icyiciro cya mbere mu Bwongereza 2023-2024 kandi itari yagitwara.https://inyarwanda.com/inkuru/142822/arsenal-yateguye-ibirori-byo-kwishimira-igikombe-itari-yatwara-142822.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Arsenal yumvise inkuru mbi mu gihe yitegura gucakirana na Manchester United Inkuru itanyuze abafana ba Arsenal, ni igaruka mu myitozo rya rutahizamu Marcus Rashford na myugariro Lisandoro Martinez, mu gihe Manchester United iri kwitegura umukino wa Arsenal. https://inyarwanda.com/inkuru/142826/arsenal-yumvishe-inkuru-mbi-mu-gihe-yitegura-gucakirana-na-manchester-united-142826.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni iki cyihishe inyuma yo kuba abari abafana ba Rayon Sports bari kwerekeza mu yandi makipe?Abari abafana 2 b'ikipe ya Rayon Sports bazwi nibo bamaze gufata umwanzuro wo kwerekeza mu yandi makipe gusa hari ikibyishishe inyuma kitari intsinzwi gusa.https://inyarwanda.com/inkuru/142825/ni-iki-cyihishe-inyuma-yo-kuba-abari-abafana-ba-rayon-sports-bari-kwerekeza-mu-yandi-makip-142825.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Justin Bieber n’umugore we bitegura kwibaruka imfura basezeranye bwa Kabiri-AMAFOTONyuma y’igihe bivugwa ko mu rugo rwa Justin Bieber n’umugore we Hailey Baldwin batabanye neza, ubu bamaze gusezerana bwa Kabiri, ndetse banatangaza ko bagiye kwibaruka imfura yabo.https://inyarwanda.com/inkuru/142823/justin-bieber-numugore-we-bitegura-kwibaruka-imfura-basezeranye-bwa-kabiri-amafoto-142823.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Element yasubije Noopja! Impaka zishingiye kuri 'Afro Gako' zikomeje kuba iz'urudacaMugisha Robinson wamenye nka Element yatangaje ko injyana ya “Afro Gako” ari iye, kandi ko ari igitekerezo yagejejeho Nduwimana Jean Paul ‘Noopja’ washinze Country Records bemeranya gukorana, ariko yifuza ko iyi njyana yaba iy’Abanyarwanda bose kurusha uko yaba iy’umuntu umwe mu giti cye.https://inyarwanda.com/inkuru/142819/element-yasubije-noopja-impaka-zishingiye-kuri-afro-gako-zikomeje-kuba-izurudaca-142819.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Moriah Worship Team yatangije igicaniro cyo kuramya no guhimbaza Imana mu ndirimbo zikunzwe-VIDEOMoriah Worship Team ikorera umurimo w'Imana muri EEAR Kanombe, yatangije igicaniro cyo kuramya Imana mu ndirimbo zikunzwe yaba iz'abahanzi ku giti cyabo ndetse n'amakorali.https://inyarwanda.com/inkuru/142820/moriah-worship-team-ihangayikishijwe-nuko-abantu-batinyutse-ibyaha-yatangije-igicaniro-cyo-142820.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Urategereza ukareba- The Ben ategerezanyije amatsiko imfura ye na PamellaUmuhanzi Mugisha Benjamin [The Ben] yasubizanyije ibinezeza abajijwe niba abafana be n’abakunzi b’umuziki we bakwitegura inkuru nziza mu muryango we na Uwicyeza Pamella ku kwibaruka imfura yabo, avuga ko ari ibintu bisaba gutegereza, kandi ugaha igihe Imana igakora imirimo yayo.https://inyarwanda.com/inkuru/142790/urategereza-ukareba-the-ben-ategerezanyije-amatsiko-imfura-ye-na-pamella-142790.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ricky Password yagaruye mu muziki Piano The Grooveman binyuze muri studio yashinzeUmuhanzi wamenyekanye mu muziki ku mazina ya Ricky Password, yatangaje ko yamaze gufungura studio y’umuziki yise “Ricky Music”, kandi ko yasinyishije Piano The Grooveman nka Producer wa mbere uzajya ukorera muri iyi studio.https://inyarwanda.com/inkuru/142817/ricky-password-yagaruye-mu-muziki-piano-the-grooveman-binyuze-muri-studio-yashinze-142817.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kwiga gucuranga, gukundana no gufashanya: Ibyo Chryso Ndasingwa yifuriza abahanzi ba GospelChryso Ndasingwa uherutse kwandika amateka akuzuza inyubako ya BK Arena yananiye ibikomerezwa uretse gusa Israel Mbonyi wayujuje inshuro ebyiri, yatanze inama zafasha abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana.https://inyarwanda.com/inkuru/142818/kwiga-gucuranga-gukundana-no-gufashanya-ibyo-chryso-ndasingwa-yifuriza-abahanzi-ba-gospel-142818.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200AS Kigali yatsinze Muhazi United isoza shampiyona mu buryo bwa ntacyo bitwayeIkipe ya AS Kigali yatsinze Muhazi United igitego 1-0, isoza shampiyona iri ku mwanya wa 5 naho Muhazi United iba ikipe nziza y’i Burasirazuba.https://inyarwanda.com/inkuru/142816/as-kigali-yatsinze-muhazi-united-isoza-shampiyona-mu-buryo-bya-ntacyo-bitwaye-142816.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yakundaga amandazi, bavumbura impano ye afite imyaka 2: Injira mu buto bwa Chriss EazyUmubyeyi wa Chriss Eazy yatangaje ko ubuto bw'uyu musore bwaranzwe no kwerekana ko ari umunyamuziki, kugera n'aho iyo yarotaga yabaga aririmba. Akiri muto yagaragaje ko ari umuntu uzahanganira icyo ashaka akakigeraho.https://inyarwanda.com/inkuru/142805/yakundaga-amandazi-bavumbura-impano-ye-afite-imyaka-2-injira-mu-buto-bwa-chriss-eazy-142805.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Alliah Cool aherekejwe n'umubyeyi we na DJ Phil Peter basangiye n’ababyeyi mu bitaro bya Kibagabaga-VIDEOIsimbi Alliance [Alliah Cool] yahisemo kwizihizanya isabukuru y’amavuko y'imyaka 35 n’ababyeyi bari mu bihe bitaboroheye byo kurwara no kurwaza abana.https://inyarwanda.com/inkuru/142814/alliah-cool-aherekejwe-numubyeyi-we-na-dj-phil-peter-basangiye-nababyeyi-mu-bitaro-bya-kib-142814.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Eric Mucyo yagaragaje uko Gakondo Fusion yahimbye yabaye imvano ya Afro Gako yateje impagararaUmunyamuziki wamenyekanye cyane aririmba mu bitaramo bibera muri Hotel n’ahandi, Eric Mucyo yatangaje ko afatanyije na Producer Jimmy bahimbye injyana bise "Gakondo Fusion Style" atekereza ko yabaye imvano y’abakomerejeho bagahimba injyana bise "Afro Gako" yateje impagarara muri iki gihe.https://inyarwanda.com/inkuru/142812/eric-mucyo-yagaragaje-uko-gakondo-fusion-yahimbye-yabaye-imvano-ya-afro-gako-yateje-impaga-142812.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Iby’ubutinganyi n’umupfumu yavuzweho: Chrissy Eazy yatanze icyizere n’indirimbo nshyaChrissy Eazy waherukaga gushyira hanze indirimbo yo ku giti cye mu mezi Icyenda ashize, yatangaje ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya, anakomoza ku byavuzwe ko yaba ari umutinganyi no kwifashisha amarozi.https://inyarwanda.com/inkuru/142808/ibyubutinganyi-numupfumu-yavuzweho-chrissy-eazy-yatanze-icyizere-nindirimbo-nshya-142808.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Byagenze gute ngo imikoranire ya The Ben n'ikipe ya Orion BBC irangirire mu mpapuro? Byabaye nk'urujijo uburyo umuhanzi The Ben yagiranye amasezerano n'ikipe ya Orion BBC ariko abantu bakayaheruka ubwo. https://inyarwanda.com/inkuru/142811/byagenze-gute-ngo-imikoranira-ya-the-ben-nikipe-ya-orion-bbc-irangirire-mu-mpapuro-142811.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Impamvu 5 zikomeye ziba intandaro yo gutandukana kw’abashakanyeMuri iki gihe usanga ingo nyinshi ziifite ibibazo rimwe na rimwe bikanabaviramo gutandukana kandi nyamara ari ibintu bishoboka ko bombi bakabaye birinda ariko kubera kutamenya ugasanga urugo rurasenyutse. https://inyarwanda.com/inkuru/142809/impamvu-5-zikomeye-ziba-intandaro-yo-gutandukana-kwabashakanye-142809.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200DJ Khaled yahawe umunsi wo kumwizihizaho mu mujyi wa MiamiIcyamamare mu muziki, DJ Khaled, yahawe icyubahiro n'umujyi wa Miami yakuriyemo maze umuha itariki 08/05 nk'umunsi ngarukamwaka wo kumwizihizaho.https://inyarwanda.com/inkuru/142807/dj-khaled-yahawe-umunsi-wo-kumwizihizaho-mu-mujyi-wa-miami-142807.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bitegure guhemburwa! Arsene Tuyi yateguje igitaramo cy’amateka yatumiyemo Christian IrimbereUmuramyi Arsene Tuyi usengera mu itorero rya Evangelical Restoration church i Masoro, yateguje igitaramo cy’amateka cyo kwizihiza Umwuka Wera n’imirimo ye itangaje.https://inyarwanda.com/inkuru/142806/bitegure-guhemburwa-arsene-tuyi-yateguje-igitaramo-cyamateka-yatumiyemo-christian-irimbere-142806.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Avugwa i Burayi: Ten Hag ashobora kuzirukanwa muri Man United agasimburwa na Thomas TuchelIbinyamakuru bitandukanye ku mugabane w'iburayi, byatangiye kwandika ko Manchester United izatandukana n'umutoza wayo Eric Ten Hag ubwo uyu mwaka w'imikino uzaba urangiye. https://inyarwanda.com/inkuru/142803/avugwa-i-burayi-ten-hag-ashobora-kuzirukanwa-muri-man-united-agasimburwa-na-thomas-tuchel-142803.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200